banner

Weasel umugabo wa Teta Sandra yihenuye ku bantu bashaka ko batandukana| “abanzi mwiyahure kuko Teta Sandra ntateze kundeka.

Weasel Manizo umugabo wa Teta Sandra yavuze ko abo yita abanzi be bashatse bajya kwimanika bagapfa kubera ko umugore we Teta uvugwaho ko amuhondagura, ntago ateze kuzamureka.

 

Uyu mugabo muri iyi minsi ari ku gitutu gikomeye cy’abantu bashaka ko yafungwa, ndetse  hari n’abandi benshi basaba Teta Sandra kuba yamuta akagenda kuko ahora amukubita.

 

Mu mashusho aherutse kujya hanze ubwo aba bombi bagaragaye basohokeye mu kabari kamwe kari mu mugi wa Kampala, Weasel yavuze ko bameze neza ndetse anabwira abantu ati” abanzi bacu bataye umutwe. Mwiyahure kuko Teta Sandra ntateze kundeka”.

Inkuru Wasoma:  Urubanza rwa Prince kid rwashyizwe mu ruhame

 

Mu gihe nyamara iki kibazo cyahagurukije abatari bake, Teta Sandra we yakomeje kwihisha ababyeyi be ndetse n’abo mu muryango yashatsemo kugira ngo iki kibazo cyo kuba akubitwa n’umugabo we kitazafata indi ntera, gusa hari abanyarwanda benshi bifuza ko Teta Sandra yafata inzira agataha mu Rwanda.

Umuyobozi aravugwaho gukubita abaturage nyuma akabafungisha.

 

 

Weasel umugabo wa Teta Sandra yihenuye ku bantu bashaka ko batandukana| “abanzi mwiyahure kuko Teta Sandra ntateze kundeka.

Weasel Manizo umugabo wa Teta Sandra yavuze ko abo yita abanzi be bashatse bajya kwimanika bagapfa kubera ko umugore we Teta uvugwaho ko amuhondagura, ntago ateze kuzamureka.

 

Uyu mugabo muri iyi minsi ari ku gitutu gikomeye cy’abantu bashaka ko yafungwa, ndetse  hari n’abandi benshi basaba Teta Sandra kuba yamuta akagenda kuko ahora amukubita.

 

Mu mashusho aherutse kujya hanze ubwo aba bombi bagaragaye basohokeye mu kabari kamwe kari mu mugi wa Kampala, Weasel yavuze ko bameze neza ndetse anabwira abantu ati” abanzi bacu bataye umutwe. Mwiyahure kuko Teta Sandra ntateze kundeka”.

Inkuru Wasoma:  Urubanza rwa Prince kid rwashyizwe mu ruhame

 

Mu gihe nyamara iki kibazo cyahagurukije abatari bake, Teta Sandra we yakomeje kwihisha ababyeyi be ndetse n’abo mu muryango yashatsemo kugira ngo iki kibazo cyo kuba akubitwa n’umugabo we kitazafata indi ntera, gusa hari abanyarwanda benshi bifuza ko Teta Sandra yafata inzira agataha mu Rwanda.

Umuyobozi aravugwaho gukubita abaturage nyuma akabafungisha.

 

 

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: [email protected]

Izo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops!