banner

Yiyahuye arapfa abitewe n’umukobwa wamubenze

Umusore w’imyaka 22 yasanzwe yapfuye nyuma y’uko hari umukobwa bakundanaga wamubwiye ko batakibanye kandi yari yarabimusezeranyije.

Byabereye mu mudugudu wa Gashirwe, Akagari ka Gacurabwenge mu murenge wa Byumba ho mu karere ka Gicumbi.

Amakuru y’uko yiyahuye akoresheje imiti yica imbeba yamenyekanye ku wa 04 Ugushyingo 2024. Abamubonye bahise bamujyana kwa muganga igitaraganya aravurwa bamugarura mu rugo, bucyeye bwaho ahita ashiramo umwuka.

Inkuru Wasoma:  Uwihaye watangiye amashuri abanza mu 1975 asoza ayisumbuye muri 2022 yavuze inzozi ze harimo no kwiga kaminuza.

Umusore wiyahuye yari asanzwe akora akazi ko mu rugo kimwe n’uwo mukobwa bakundanaga.

Hari andi makuru avuga ko yari yarahaye uwo mukobwa ibihumbi 300 Frw bateganya kuzabana, gusa umukobwa akaza kumuhakanira amubwira ko bahagarika iby’urukundo.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Byumba Ngezahuremyi Théoneste yavuze ko mu gihe hari ibibazo, abaturage badakwiriye kwiyambura ubuzima ahubwo babimenyekanisha bigashakirwa umuti.

Yiyahuye arapfa abitewe n’umukobwa wamubenze

Umusore w’imyaka 22 yasanzwe yapfuye nyuma y’uko hari umukobwa bakundanaga wamubwiye ko batakibanye kandi yari yarabimusezeranyije.

Byabereye mu mudugudu wa Gashirwe, Akagari ka Gacurabwenge mu murenge wa Byumba ho mu karere ka Gicumbi.

Amakuru y’uko yiyahuye akoresheje imiti yica imbeba yamenyekanye ku wa 04 Ugushyingo 2024. Abamubonye bahise bamujyana kwa muganga igitaraganya aravurwa bamugarura mu rugo, bucyeye bwaho ahita ashiramo umwuka.

Inkuru Wasoma:  Uwihaye watangiye amashuri abanza mu 1975 asoza ayisumbuye muri 2022 yavuze inzozi ze harimo no kwiga kaminuza.

Umusore wiyahuye yari asanzwe akora akazi ko mu rugo kimwe n’uwo mukobwa bakundanaga.

Hari andi makuru avuga ko yari yarahaye uwo mukobwa ibihumbi 300 Frw bateganya kuzabana, gusa umukobwa akaza kumuhakanira amubwira ko bahagarika iby’urukundo.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Byumba Ngezahuremyi Théoneste yavuze ko mu gihe hari ibibazo, abaturage badakwiriye kwiyambura ubuzima ahubwo babimenyekanisha bigashakirwa umuti.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: info@imirasiretv.com

Izo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops!