Umubyeyi yavuze k’umwana we washyize ubuzima bwe ku iherezo ubwo yikinishaga inshuro 46 mu ijoro rimwe

Umwana w’imyaka 16 wo mu gihugu cya Brazil ,mu mujyi wa Rubiato ,mu gace ka Goias ,yapfuye nyuma yo kwikinisha inshuro 42 mu ijoro rimwe adahagarara . Ikinyamakuru The Box Houston dukesha iyi nkuru kivuga ko umubyeyi wa nyakwigendera yari asanzwe abizi ko umwana we yabaswe no kwikinisha ndetse ko yiteguraga gushaka umuganga uzamuvura ariko akaba ari ntacyo kuri ubu bikimaze.

 

Ikinyamakuru theboxhouston.com cyatangaje ko uretse umubyeyi we wari usanzwe ubizi ,abandi bana biganye na nyakwigendera ngo nabo bagiye babisubiramo kenshi ,ko uyu mwana yabaswe no kwikinisha ngo ariko ntihagire igikorwa none bikaba birangiye ahasize ubuzima.

 

Mu cyumba cya nyakwigendera hasanzwemo amafoto y’abakobwa bambaye ubusa ,ndetse muri telefone ye hasangwamo filime z’urukozasoni yari yarabitsemo.

Uburyo Bamporiki yagereranije amafranga 1000 y’inyamasheje n’I Kigali mu rukiko byavugishije abantu ku mbuga.

Amagambo Shadyboo yakoresheje ataka umugabo wamweretse umuryango we yavugushije benshi.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.