Niwe mugabo ufite igitsina kinini ku isi kurusha abandi.

Yitwa Roberto Esquivel Cabrera, uyu mugabo ukomoka muri Mexique kuri ubu niwe ufite agahigo ku isi k’umugabo ufite igitsina kinini cyane kurusha abandi. iki gitsina cye byibuze abahanga bakibarira uburemere bw’ikilo kimwe uramutse ushyize ku munzani ariko kandi kikaba kinabarirwa uburebure bwa santimetero zikabakaba 50. Menya byinshi kuri uyu muntu wenyine ku isi udashobora guhitanwa n’impanuka.

 

Se umubyara yavuze ko igitsina cye cyatangiye gukura bidasanzwe ubwo yarafite imyaka icyenda gusa. Yavuze ko ku myaka 16 cyareshyaga na 20cm ku myaka 20 kigera kuri 30cm, byarakomeje uyu yagiye kugira imyaka 25 gikabakaba muri 40cm, kuri ubu kibarirwa muri santimetero 48 ndetse kigarukira ku mavi ye.

 

Umuganga ukurikirana uyu mugabo avuga ko aribwo bwa mbere ibi yarabibonye ndetse ashimangira ko byihariye kandi bidasanzwe. Uyu mugabo uba mu bukene budasanzwe dore ko anabayeho ku pfashanyo za leta, avuga ko kubona icyo akora bimugora ahanini biturutse ku bunini bw’igitsina cye, nubwo azwi cyane ariko uyu avuga ko atarakora imibonano mpuzabitsina na rimwe ndetse akaba nta n’umugore agira nubwo afite imyaka isaga 50. Niyo Bosco atandukanye na Sunday entertainment hadaciye kangahe basinyanye amasezerano.

Inkuru Wasoma:  Wigeze urota uri kuguruka cyangwa se ujya urota uri kuguruka? Dore icyo bisobanura mu buzima.

 

Uyu avuga ko ubunini bw’igitsina cye bwamubereye umutwaro ukomeye ariko bunamubera umwaku ukomeye. Anemeza ko yatinye kuba yabagwa ngo bagabanye ubu bunini ariko we akumva afite ubwoba ko hari igihe bishobora kumugendekera nabi icyo yashakaga ntabe aricyo abona. source: pamakio

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuruĀ  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Email: info@imirasiretv.com

Iyo twaguhitiyemo

Copyright Ā© 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops! Paji uri gushakisha ntabwo ibashije kuboneka