Bac T umugabo ukunzwe cyane mu gushaka ni gutanga amakuru akaba ubwo yaganiraga n’umunyamakuru mugenzi we yeruye amubwira ko aje gusezera itangazamakuru , cyane kubera ko bikonehe kugaragara ko uyu mwuga ukomeje kugira abana benshi bawukora nabi bakawangiza.

Bac T ni umugabi muminsi mike ishize yakoze ubukwe .uyu ni umwe mubagabo bamaze igihe muru ibi bintu by’itangazamakuru cyabe ko abikora neza cyane , akaba azwi cyane kuri Afrimax tv aho yari asanzwe akorera naho akaba yaramaze gutandukana nayo . akomeza avuga ko muri iyi industry y’itangazamakuru yayizamuyemo benshi cyane , ariko ikibazo nuko ikomeje kuba mbi cyane kubera abayikora .

Bac T ntiyahwemye kuvuga no kuru urubanza rw Ndimbati , avuga ko. Sabin ntakosa yakoze gutangaza inkuru, ndetse  Na RIB ntakosa yakoze gufata Ndimbati ko byose byabaye ari byiza.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.