Abagore bahawe uburenganzira bwo koga muri pisine batambaye hejuru barabyishimira cyane

Abagore bo mu Mujyi wa Berlin mu Budage bahawe uburenganzira bwo kuba bajya koga muri ‘piscine’ batambaye hejuru igihe babishaka, nyuma y’uko hari abari bagaragaje ko babangamiwe n’uko abagabo aribo babyemerewe gusa. Iki ni icyemezo cyafashwe n’ubuyobozi bw’uwo mujyi kuri uyu wa Kabiri, bikaba bivuze ko mu minsi ya vuba abagore bazaba nabo bemerewe kujya koga muri ‘piscine’ batambaye hejuru.

Inkuru Wasoma:  Abantu batatu bo mu muryango umwe bapfiriye rimwe

 

Iri tegeko ryashyizweho nyuma y’uko abagore bagiye bagaragaza ko babangamiwe no kuba babuzwa kujya koga batambaye hejuru nyamara abagabo babyemerewe, bakavuga ko iri ari ivangura bakorewaga. Hari abagore babikoraga nubwo bitemewe gusa bitewe n’aho bari kuko hari ‘piscine’ zitabyemeraga, kuri ubu bose basabwe kwemerera abashaka koga batambaye hejuru kubikora. src: Igihe

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Email: info@imirasiretv.com

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops! Paji uri gushakisha ntabwo ibashije kuboneka