Bac-T nibwo muminsi yashize yumvikanye avuga ko agiye gusezera itangazamakuru, none birangiye afashe indege arigendera , Bac-T nyuma yo gushinga BIG TOWN TV channel ye nshya irigutera imbere cyane muri iyi minsi  yatunguranye avuga ko asezeye itangazamakuru ,ariko  siko kuri kuko nyuma yaje kugaragara  agiye hanze yigihugu, bivuze ko yari afite indi gahunda.

 

Bac-T yumvukanye avuga ko agiye mukiruhuko  kuko ngo amaze igihe kinini akora ,byabaye ngobwa ko afata ikiruhuko mubihugi byo kumugabane w’iburayi, cyane ko ngo yumva  yari amaze igihe kirekire akora ,kandi ko ananiwe , gusa iki kiruhuko ntabwo kizaba kirekire niko yasezeranije abakunzi be kandi ko azakomeza gukorana nabo umunsi kumunsi.