Urukiko rurinda Itegekonshinga muri RDC rwatanze igisubizo ku basabye ko Tshisekedi atayobora iki gihugu

Ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki 09 Mutarama,Urukiko rushinzwe kurengera Itegekonshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwatangaje ko Felix Antoine Tshisekedi ariwe Perezida w’iki gihugu bidasubirwaho.

 

Urukiko rutangaje ibi nyuma y’uko hashize igihe CENI itangaje ko Tshisekedi ariwe watsindiye kuyobora iki gihugu, abenshi mu bakandiba bahataniraga kuyobora RDC bavugaga ko batemera ibyavuye mu matora yabaye ku wa 20 Ukuboza 2023 kuko yaranzwe n’uburiganya ndetse n’ubujura bw’amajwi.

Inkuru Wasoma:  Uburusiya buri gukubita butababariye ingabo za Ukraine mugace ka Krusk

 

Komisiyo yigenga ishinzwe amatora muri kiriya gihugu CENI, ku wa 31 Ukuboza nib wo yatangaje ibyavuye mu matora byagateganyo maze Tshisekedi aza ayoboye abandi ku mwanya wa mbere n’amajwi 73,47%, mu gihe yari akurikiwe na Moise Katumbi n’amajwi 18%.

 

Uwatsindiye kuyobora RDC, Felix Antoine Tshisekedi biteganyijwe ko azarahirira manda ye ya kabiri ku wa 20 Mutarama 2024.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Email: info@imirasiretv.com

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops! Paji uri gushakisha ntabwo ibashije kuboneka