Abari kubakisha amakaro ku nzu ziri ku mihanda bahawe gasopo y’ibyo bagomba kwitondera

Ikigo gishinzwe imiturire mu Rwanda, RHA, cyandikiye Uturere twose gisaba guhagarika abakomeje kubakisha amakaro yagenewe gukoreshwa mu bwogero [douches] ku nkuta z’inzu.

 

RHA yatanze ubu butumwa ivuga ko kuyubakisha bihindura imiterere y’inyubako bikaba binasebetse haba ku Banyarwanda no ku bashyitsi basura igihugu.

 

Ikigo cy’igihugu cy’imyubakire cyasabye uturere kwita kuri iki kibazo cy’amakaro atabereye ijisho kandi atarengera ibidukikije yubakishijwe ku nkingi z’amabaraza, hejuru ku mazu atandukanye.

Inkuru Wasoma:  Umusore yapfuye bitunguranye nyuma y'uko ahawe ikiraka cyo gushorera ingurube

 

Iyo myubakishirize y’amakaro yagaragaye mu turere twinshi dutandukanye ndetse bamwe babifataga nk’umuderi. Hari amakuru avuga ko abaturage babikoze babitegetswe n’ubuyobozi gusa byagaragaye ubu ko atujuje ubuziranenge.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Email: info@imirasiretv.com

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.

error: Oops! Paji uri gushakisha ntabwo ibashije kuboneka