Kuri uyu 01 mata 2023 habaye igitaramo cyatangiwemo ibihembo bya Rwanda International Movies award, ibyamamare nyarwanda byahaserutse mu buryo butandukanye ndetse bigaragara neza uhereye ku myambarire, aho batambutse ku itapi itukura kandi barimbye mu buryo bwahaye buri wese kubitekerezaho.  Kim Kardashian yongeye kwibutsa abamukurikira ko ari mwiza abasangiza ibihe byiza yagiriye ku mucanga

 

Muri ibi birori abahawe ibihembo harimo Bahavu Jeannete, Clapton Kibonge, Igihozo Mirelle, Bamenya n’abandi batandukanye.

Twandikire

Duhamagare

Kwamamaza

Ni ikinyamakuru  gitangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Iyo twaguhitiyemo

Copyright © 2021-2025 IMIRASIRE TV Ltd. All rights reserved.